in

Karongi: Umusore ari kwaka ubutabera nyuma y’iyicwarubozo yakorewe n’abo yita abakire

Mu karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera haravugwa inkuru y’umusore witwa Hakizimana Claude ashaka ubutabera kubera ihohoterwa yakorewe n’abo yise abakire.

Uyu Claude arasaba ikigo k’igihugu gishinzwe iperereza RIB ubutabera ndetse no gufashwa kwivuza nyuma yo guhohoterwa n’abagabo 3 yita abakire ngo bamukingiraniye mu nzu bakamukubita bakanamutwikisha ipasi y’umuriro abaturage batabara ntihagire ukingura.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Element yakoze igikorwa kigayitse muri County Records kubera Bruce Melody

Umuzamu wa Argentine yaguze imbwa ihenze cyane yatojwe n’abasirikare kugira ngo irinde ibikombe yatsindiye mu gikombe cy’isi