in

Karongi: Arakekwaho kwica nyina bapfa amafaranga yo kugura intebe y’igare

Ibintu byafashe Indi ntera ndetse bjtungura benshi nyuma yo kumva ko umuntu yishe undi bapfa akantu gato cyane.

Muri iyi minsi hakomeje kuvugwa ubwicanyi cyane ndetse no kwiyahura cyane ku buryo bimaze gufata Indi ntera ndetse byaba byiza n’itorero ryongeye gushyirwamo intege kugira ngo abanya-Rwanda barebe niba ubu bwicanyi n’ibwiyahuzi bwagabanuka.

Umusore w’imyaka 20 ukomoka Mudugudu wa Rwimpongo, Akagari ka Ruragwe mu Murenge wa Rubengera ahagana saa Cyenda zo mu rukerera cyo ku wa 4 Nzeri 2022 yishe nyina w’imyaka 47 bapfa ko atamuhaye amafaranga yo kugura intebe y’inyuma y’igare.

Umusore yabanje gutaha yasinze aza atongana ndetse bigera ubwo yibasira nyina avuga ko atamuhaye amafaranga yo kugira intebe y’igare biza kugera ubwo anamwica.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: umusore yishe mama we nyuma yo kumwima amafaranga yo gukoresha igare

Justin Bieber yashyize inkweto ku isoko zikozwe mu bicupa zikazagura akayabo Amafoto