in

Karabaye; Ndimbati yanze gutanga indezo agiye kongera gusubizwa mu nkiko

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco wamampaye nka Ndimbati ari gushyirwa mu majwi na Fridaus babyaranye ko yanze gutanga indezo.

Fridaus yabwiye MIE Empire ko Ndimbati yanze gutanga indezo z’abana be, aho avuga ko ahangayishijwe n’imibereho y’abana.

Fridaus akomeza avuga ko mu bintu urukiko rwanzuye ko hatarimo indezo z’abana akaba ariho ahera avuga ko ashobora kujya kuregera indezo z’abana yabyaranye na Ndimbati.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Element yamaze kwerekana ko yishimiye gukorana na boss we ndetse na Bruce Melodie muri 1:55Am(Ifoto)

Imibyinire ya Miss Uwase Muyango yatangaje abantu benshi cyane – VIDEWO