in

Kapiteni wa APR FC wari waratakambye asaba ko bamwirukana, ari kubyinira ku rukoma nyuma yo kwibona ku rutonde rw’abirukanywe

Kapiteni wa APR FC wari waratakambye asaba ko bamwirukana, ari kubyinira ku rukoma nyuma yo kwibona ku rutonde rw’abirukanywe.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Djabel yasohoye ifoto ye ari mu kibuga ni ashimira Imana hasi aho mu rurimi rw’icyarabu.

Yagize ati: ” Alhmdulillah.”

Bivugwa ko hari ikipe yamaze kumvikana na we yo hanze y’u Rwanda aho izahita imuha miliyoni 10 zo kugira ngo ayikinire.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore witwa Samuel yakuye ubugabo mu ipantaro ni uko ubundi yihangira umurimo wo gupfubura abakecuru basazwe n’irari gusa ibyo yaboneyemo ni impanuka nk’izindi zose zo mu kazi

Agiye kunamirwa! Pastor Theogene Niyonshuti witahiye agiye kunanirwa mu giterane cy’ububyutse cyizabohora benshi