in

Kano kanya FERWAFA igize icyo ivuga ku kibazo cya Rayon Sports na Intare Fc bikomeje kumvana imitsi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, Ferwafa ryasohoye itangazo rimenyesha abantu ko Intare zajuririye umwanzuro wo kwimura umukino bafitanye na Rayon Sports.

Ku munsi w’ejo nibwo haje amakuru avuga ko ikipe ya Rayon Sports yatewe mpaga gusa mu itangazo Ferwafa yasohoye ntabwo ibyemeza.

Mu itangazo ryasohotse mu gicuku, Ferwafa yavuze ko Intare zajuririye umwanzuro wo gukina na Rayon Sports, aho ikirego kiri mu bujurire.

Ikomeza ivuga ko komisiyo y’ubujurire ikiri kubusuzuma bityo umwanzuro ukazasohoka mu minsi ya vuba.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Serge
Serge
1 year ago

Ark muba mwabuze inkuru mwandika

Nyuma yo kuvunika urutirigongo Dj Brianne yashyize amashusho ye hanze ari mu gitanda ndetse agira icyo asaba abakunzi be(Videwo)

Ibiryabarezi n’akataraza bizakazana, Umugore wari uri gukina ikiryabarezi yanze kukiva imbere ngo ajye kwihagarika birangira yinyariye mu ruhame(reba Videwo)