in

“Kanguka uri kurota utavaho unyara no kuburiri” Umusore bamukuriye inzira ku murima nyuma yo kuvuga ibimubaho iyo abonye Jolly ndetse n’ibyo ashaka kuzamukorera

“Kanguka uri kurota utavaho unyara no kuburiri” Umusore bamukuriye inzira ku murima nyuma yo kuvuga ibimubaho iyo abonye Jolly ndetse n’ibyo ashaka kuzamukorera

Mutesi Jolly umwe mu bakobwa bakunzwe na benshi yongeye guterwa umutoma n’umusore ubwo yasangizaga ifoto ye ku rubuga rwa X.

Umusore wiyita Mutekano ku rubuga rwa X yavuze ko iyo abonye Jolly bituma amara iminsi atarya, ataryama, ahangayitse atekereza ko bazamumutwara.

Ndetse uyu musore yabwiye Jolly ko amukunda by’agahebuzo ndetse ko yifuza guhura nawe akabimubwira imbona nkubone.

Gusa bagenzi buyu musore bakoresha urubuga rwa X bamukuriye inzira ku murima bamubwira ko ari kurota atakwigondera Miss nk’uyu. Ni nka ya ndirimbo ya Christopher ati “uriya ni Miss yikundira Abasitari”.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ugomba kongerwa mu byiza nyaburanga by’u Rwanda” Mutesi Jolly yashyize hanze ifoto yambaye ipantaro yiteye n’ibirungu mu maso no ku munwa bituma bamubonamo ibyiza nyaburanga bitewe n’ubwiza yari afite – ifoto

Umugabo witwa Kubwimana Anastase yafashwe ari kudandaza inyama z’imbwa mu isoko