in

Kadaffi yahaye gasopo Israel Mbonyi ku mwana we

Umusore uzwi nka kadafi pro ukora akazi ko gufotora ndetse no gukora amashusho muri Rock entertainment akaba akunze kugaragara avuga ko yihebeye Miss Naomi mu biganiro bitandukanye .

Mu kiganiro yagiranye na Sabin yavuzeko yiyamye Israel mbonyi wafashe amashusho ari kumwe na Naomi aho bari gutegura urugendo rwo kujya mu gihugu cya Israel.”Ati Israel mbonyi namuhaye amasaha 24 ngo abe asibye iriya video ari n’umukunzi wange.

Kadaffi  yagarutse kubyo umuhanzi papa cyangwe aherutse kuvuga aribyo gusa ntiyakagombye kwihakana umuntu wa mufashije muribyo kugeza aho yubatse izina muri muzika nyarwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Jolly uri mwiza pe…” – Umufana wa Miss Jolly kwihangana biramunaniye ararikocora

Musanze : Abagore barira ayo kwarika kubera indaya