in

Kabaye: Umusaza rukukuri umenyerewe muri filime nyaRwanda nyuma y’igihe atagaragara yaje mu ishusho nshya n’iherena ku zuru ahigira kwegukana igikobwa kimwe mu byana bigize Kigali Boss Babes

Umusaza rukukuri umenyerewe muri filime nyaRwanda nyuma y’igihe atagaragara yaje mu ishusho nshya n’iherena ku zuru ahigira kwegukana igikobwa kimwe mu byana bigize Kigali Boss Babes

Umusaza umenyerewe muri filime nyaRwanda Byumwihariko muri filime yigeze gukinamo yitwa Muzehe Kevin, yagarutse agaragara nka bimwe by’abajeni intego ye ari ukwigarurira ukukobwa umwe mu bagize Kigali Boss Babes nayo ikomeje gutitiza umugi.

Mu rwenya rwinshi uyu musaza yavugaga ko aje avuye muri Chikago ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse yaje afite iherena ku zuru na Tenture mu mutwe ibisanzwe bitamenyerewe ku basaza bari mu myaka nkiye.

Reba video hasi.. 👇🏽

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Akura abandi basore akakuzanira! dore ibimenyetso simusiga bigaragaza ko umukobwa akwemera bidasanzwe

Mujye mumenya gutanga ibyishimo kubo mwashakanye! Abageni babiri bahanye ibyishimo mu ishyamaba bakomeje kuvugisha abatari bake