in

Junior Giti, umugore we n’abana be ntibatana n’udushya ku buryo na mu mafoto badukora batitangiriye itama (AMAFOTO)

Junior Giti, umugore we n’abana be ntibatana n’udushya ku buryo na mu mafoto badukora batitangiriye itama.

Mu mafoto akeye, Junior Giti n’umuryango be bagaragaye bishimanye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, umugore wa Junior Giti, Muhoza yasohoye amafoto y’umuryango wose.

Aya mafoto yafashwe ubwo bizihizaga isabukuru y’amavuko ya Babina akaba bucura wa Junior Giti.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barashirira muri gereza: Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza amakuru ashobora gukoraho benshi mu bahanuzi b’ibinyoma

Isi igeze mu bihe bya nyuma! Umupasiteri yabwiye abayoboke be ko nta muntu uzajya mu ijuru adafite amafaranga abaraho bagwa mu kantu -AMASHUSHO