in

Jöel Matip yihakanwe n’igihugu cye kubera ibyo yakoze

Umukinnyi wa Liverpool ukomeye cyane ndetse akaba akomoka muri Cameron yisamye yasandaye nyuma y’uko abonye ko ikipe ya Cameron izitabira igikombe cy’isi, yasabye Samuel E’to ko yazahmagarwa Samuel amukurira inzira ku murima.

Samuel wabaye umukinnyi ukomeye mu makipe y’iburayi, yagize ati “Ntago dukeneye abakinnyi bamwe bigira ibitangaza bakumva ko batagikeneye gukorera ikipe y’igihugu cyabo”

Akomeza agira ati ” Nange nakinnye mu makipe akomeye i burayi ariko ntago nigeze nigira igitangaza, ubwo rero azagume muri Liverpool”

Yongeraho ati ” Hari abavunikiye izi mbuto zo kujya gukina igikombe cy’isi, ubwo rero igihe ni iki kugira ngo barye imbuto bakoreye bishimye ntawe uje kubavundira”

Matip Joel wa Liverpool aba yihakanwe n’igihugu cye gutyo yangirwa gukina igukombe cy’isi bivuze ko nawe azagura television nini yo kukireberaho mu gihe igihugu cye kizaba kirimo gikina.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyabarongo itwara uyizaniye! Ibyabaye kuri uyu musore washatse kwiba umu Papa nubu ntabwo arabyibagirwa (video)

Inkumi z’uburanga n’amataye arangaza abasore nizo zambariye umufasha wa Yverry mu bukwe bwe (Amafoto)