in

Hazaca uwambaye: Mukura imaze gutangaza ikipe nshya izacakirana nayo ku munsi wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60

Hazaca uwambaye: Mukura imaze gutangaza ikipe nshya izacakirana nayo ku munsi wo kwizihiza isabukuru isabukuru y’imyaka 60.

Ikipe ya Mukura Victory Sports yo mu karere ka Huye nyuma y’uko ikipe ya Geita Gold igize ikabazo ku munota wa nyuma yahise yitabaza ikipe ya APR FC kugira ariyo izakina nayo kuri Mukura Day aho izaba yizihiza isabukuru y’imyaka 60.

Uyu mukino uzahuza APR FC na Mukura Victory Sports uzaba tariki 05/07/2023.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko ntabyera ngo de! Lionel Messi yasizwe icyasha gikomeye nyuma yo kwandikira amateka muri Inter Miami

Umukino wa kabiri ikipe ya APR FC yagombaga gukina wahinduwe