in

Burya koko ntabyera ngo de! Lionel Messi yasizwe icyasha gikomeye nyuma yo kwandikira amateka muri Inter Miami

Burya koko ntabyera ngo de! Lionel Messi yasizwe icyasha gikomeye nyuma yo kwandikira amateka muri Inter Miami.

Rutahizamu Lionel Messi ufite ubuhanga budashidikanywaho ndetse ufatwa nka nimero ya mbere ku Isi muri ruhago nyuma yo gutsinda ibitego bitanu mu mikino itatu gusa yakiniye ikipe ya Inter Miami yaraye anahawe ikarita y’umuhondo akaba ariyo karita ya mbere uyu mugabo yarahawe kuvuga yagera muri shampiyona ya Amerika.

Lionel Messi ahabwa ikarita ya mbere y’umuhondo kuva yagera mu ikipe ya Inter Miami amaze gutsindira ibitego bitanu mu mikino itatu gusa:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Kiyovu Sports bayijombye igikwasi mu giseba

Hazaca uwambaye: Mukura imaze gutangaza ikipe nshya izacakirana nayo ku munsi wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 60