in ,

Iyumvire amagambo y’agahinda kenshi Jose Mourinho yavuze nyuma yo gutsindwa na Real Madrid

Mu mukino wa Supercup wahuzaga ikipe yatwaye Champions League ariyo Real Madrid ndetse n’iyatwaye Europa League ariyo Manchester United,bikarangira Real itsindiwe na Casemiro ndetse na Isco,yaje gutsinda  2-1 Man Utd yaje guhozwa amarira na Romelu Lukaku.Nk’uko atajya yiburira Jose Mourinho ntago yabuze gushyira amakosa ku busifuzi ndetse na Cristiano Ronaldo.

Image result for jose mourinho angry in press conference

Jose Mourinho yatangarije abanyamakuru ati “Ndakeka  twakinnye neza nubwo twatsinzwe 2-1 nyamara igitego cya mbere hari habaye kurarira,byari kuba 1-1 tukajya mu nyongera nubwo bari gutsinda byinshi nk’uko natwe twari gutsinda byinshi.Twatangiye dukina neza igice cya mbere nubwo nyuma baje kutwima umupira.Mu minota ya nyuma byari bigoye kubera nyuma yo kwinjira kwa Cristiano Ronaldo,umusifuzi yasifuraga buri gihe iyo yagwaga hasi”

Cristiano Ronaldo mu minota 7 yakinnye akaba yabkorewe amakosa inshuro 3 zose,nta mukinnyi wa Manchester United wabonye amakosa angina gutyo mu mukino wose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye-HAHISHUWE ibintu bibabaje cyane ndetse bigayitse byaranzwe mu bukwe bwa Lionel Messi

Inkuru Ishyushye-Habuze gato cyane ngo Cristiano Ronaldo ababaze BIKOMEYE abafana ba Real Madrid ariko bishimishe byimazeyo aba FC Barcelone