in

“Iyo twicaranye turi kuganira tuba tuvuga abarangiza vuba n’abafite ubugabo butoya” ibiganiro bamwe mu bakobwa b’ikigali bagirana iyo bahuje urugwiro n’ibigaruka ku mico mibi birirwa mo(Videwo)

“Iyo twicaranye turi kuganira tuba tuvuga abarangiza vuba n’abafite ubugabo butoya” ibiganiro bamwe mu bakobwa b’ikigali bagirana iyo bahuje urugwiro n’ibigaruka ku mico mibi birirwa mo(Videwo)

Ubundi bwizwi neza ko abakobwa ari ba mutima b’urugo gusa bamwe mu b’iyi minsi bateye ubwoba kubera imwe mu mico nimyifatire bagaragaza muri rubanda.

Mu kiganiro X Large yagiranye na bamwe mu bakobwa b’ikigali byerekana neza ko bamwe mu bakobwa bahumishijwe n’amafaranga ndetse bagahamya ko nta rukundo rukibaho icya mbere ari icyo ukura ku musore gusa na bo barabizi neza ko abasore b’abakene bagira urukundo ariko rudafite amafaranga bityo ko urwo rukundo nta cyo rwabamarira.

Mu kiganiro hagati ubwo umunyamakuru Manbu yababazaga bimwe mu biganiro bagirana iyo bahuje urugwiro nk’inkumi, umwe yateruye ahita avuga ko nta kindi baganira usibye ibihe bagiye bagirana n’abasore batandukanye.

Abazi gusambana neza abarangiza vuba ndetse n’abafite ibitsina bidashyitse.

Reba video hasi..

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nyumva ko Simba yahaye ikaze Onana uvuye muri Rayon Sports yo mu Rwanda nasetse amarira araza” Umufana wa Yanga yasekejwe n’ukuntu Simba yashimiye gusinyisha Onana uvuye mu Rwanda nyuma y’uko bo bahakuye Sarpong akababera imfube

Biteye inkeke! Mu buhinde abasore bari gukobwa amafaranga atagira ingano mu gihe umukobwa utayabonye aguma mwa nyina na se arya utwabo