in

Iyo imwe isetse indi irarira! Umugabo ufite amasura abiri akomeje gutangaza abatari kuko batumva ko byabaho

Umugabo ufite amasura abiri akomeje gutangaza abatari kuko batumva ko byabaho.

Uyu mugabo witwa Edward Mordrake wo mu Bwongereza  yatangaje abenshi kubera yari afite amasura abiri.

Uyu mugabo yabayeho mu mpera z’ikinyejana cya 19.

Amateka menshi avuga kuri uyu mugabo Edward yamenyekanye binyuze mu gitabo cyanditswe na George ndetse n’undi mugabo witwa David.

Uyu mugabo Edward yavukiye mu muryango wabakomeye mu Bwongereza mu 1887. Yavutse ateye bitangaje kuko we yari afite isura imbere ndetse n’inyuma ndetse ayo masura yose yarafite amaso, ashobora guseka cyangwa kurira ariko adashobora kurya cyangwa kuvuga.

Abantu benshi bakundaga uyu mugabo kuko ngo yari aremetse bitangaje mbese bavigaga ko yari yarahahwe ubudasa n’Imana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yambaye gisirimu: Umukinnyikazi wa filime Bahavu Jannet yagarutse mu Rwanda yakiranwa ubwuzu n’umugabo we (Amafoto)

Ab’iwabo bose ni ibizungerezi! Miss Umukundwa Cadette yerekanye umuryango we – AMAFOTO