in

‘Iyo dushwanye barahura’ Nizzo Kaboss yavuze ibintu byatumye abakunzi ba Urban Boyz bizera ko igiye kugaruka

‘Iyo dushwanye barahura’ Nizzo Kaboss yavuze ibintu byatumye abakunzi ba Urban Boyz bizera ko igiye kugaruka.

Umuhanzi Nizzo wahoze mu itsinda rya Urban Boyz rikaza gutandukana yatangaje ko we na bagenzi be bari mu biganiro byo kongera kugarura itsinda ryakunzwe na benshi.

Ubwo yari ari mu kiganiro Dunda show kuri Kt Radio, Uwitwa Nizzo Kabos akaba ari nawe uri kubarizwa mu Rwanda kugeza ubu dore ko Bagenzi be bose basigaye baba hanze y’u Rwanda, yavuze ko kugaruka kwa Ubarn Boyz bishoboka cyane dore ko ibiganiro bigeze ku kigero cya 70%.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa RBA yatangariye imyambarire y’abakinnyi b’ikipe ya FC Barcelona -IFOTO

Umusekirite wo mu mujyi yarwaye igicyebu nyuma yo kubona Umwali w’amaguru meza wari wambaye ikariso hasi agenda mu muhanda ntacyo yikanga [AMAFOTO]