in

Iyo bavuze inzozi mbi nizi baba bavuga: Umugabo yirashe mu kuguru nyuma yo kurota nabi

Iyo bavuze inzozi mbi nizi baba bavuga: Umugabo yirashe mu kuguru nyuma yo kurota nabi

Umusaza w’imyaka 62 yirashe mu kuguru nyuma yo kugira inzozi mbi ari kwibwa.

Ikinyamakuru New York Post kivuga ko Mark M. Dicara, yabonwe n’abapolisi mu rugo rwe ruri Illinois, muri Amerika mu kwezi kwa Mata afite igikomere cy’isasu ku kuguru.

Yabwiye abapolisi ko kugira ngo yirase yari yagize inzozi mbi yibwa nuko abaduka abatura imbunda ye yo mu bwoko .357 Magnum Revolver kandi avuga ko ibi byose yabikoze mu gihe yari agisinziriye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi kipe ya Rugaju ninde uzayihagarika? Ikipe umunyamakuru Reagan Rugaju abereye umutoza yatsinze irusha RBA Fc itozwa na mugenzi we Kwizigira

Akora ibintu bye yicecekeye: King James yatunguye abakunzi be abaha ibyo bari banyotewe https://wp.me/p7ovfz-WK9