in

“Iwabo bamwita ETo mushya” Nyamukandagira imanuye rutahizamu w’umunya-Cameroon uca inshundura

Ikipe ya APR Fc yamaze gusinyisha rutahizamu w’umunya-Cameroon witwa Lambert Gueme Araina w’imyaka 24, areshya na 1,82m akinisha imoso.

Yazamukiye muri Coton Sports de Garoua, yakinnye muri FAR RABAT, yaciye muri Irak mw’ikipe ya Karbala sports club, akaba ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu cya Cameroun, bamufata nka Eto mushya.

Yabaye umwe mu batsinze ibitego byinshi muri caf confedertions 2020-2021,ibitego 4.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Umunyarwenya wari ukomeye mu Rwanda wagiye gutura hanze yagarutse i Kigali mu biruhuko agaruka yaraguye n’umuryango(AMAFOTO)

Ku Irebero muri Kicukiro habereye impanuka y’imodoka yari itwawe n’umusore wari wigiriye muri gahunda ze