in

Itsinzi ku bagabo bifuza kongera ubugabo bwo hasi n’imisemburo ibuturukamo (UBUSHAKASHATSI)

Kaminuza yo mu gihugu cy’Ubushinwa yitwa Minzu yashyize ubushakashatsi hanze yakoze bwagaragaje ko  kunywa  ikinyobwa cya Cola Cola na Pepsi  ku mugabo bishobora kongera ingano y’ubugabo bwe bwo hasi (amabya ) ndetse n’imisemburo iturukamo.

Ni ubushakashatsi bwakozwe mu minsi 15 nk’uko ikinyamakuru The New York Post dukesha iy’inkuru kibivuga , aho ngo bafashe abagabo babagabanya mu bice 3 , birimo abanywaga amazi , Coca na Pepsi , babapima ingano y’ubugabo bwabo barangije batangira ubushakashatsi

Babikoze mu gihe cy’iminsi 15 icyakora nyuma yaho basanga ubugabo bwa banyweye Coca Cola na Pepsi muri iyo minsi 15 ugereranije n’abanyweye amazi butandakanya cyane kuko ubugabo (Amabya) y’abanyweye Coca na Pepsi bwari bwiyongereye ku kigero cyo hejuru.

Ndetse muri iyi nkuru banavuga ko ku bantu banyweye Coca Cola na Pepsi imisemburo yabo yari yiyongereye ku gipimo cyo hejuru.

Kunywa Coca Cola na Pepsi byongera ubugabo bwo hasi (amabya)
Kunywa Coca Cola na Pepsi byongera ubugabo bwo hasi (amabya)

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku munota wa nyuma Moussa Camara yakuwe mu bakinnyi 23 bazacakirana na Rutsiro FC nyuma yo gushaka gukubita umukinnyi wa Rayon Sports

Nyuma y’uko umuraperi AKA wo muri Afrika yepfo yitabye Imana uwahoze ari umukunzi we yashyize hanze amafoto y’ibihe bagiranye akora ku mitima ya bamwe(Amafoto)