in

Itegereze uruvunganzoka rw’abantu baje kureba Burna Boy mu gitaramo yaraye yandikiyemo amateka muri America -AMAFOTO

Umuhanzi Burna Boy yakoze amateka mu ijo rya cyeye yo kuba ariwe muhanzi wo muri Afurika ubashije kuzuza sitade muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika.

Umuririmbyi wegukanye Grammy Awards n’ibindi bihembo, Damini Ogulu amazina nyakuri ya Burna Boy, yongeye gukora amateka kuri uyu wa 08 Nyakanga 2023 yo kuba ariwe muhanzi wujuje sitade muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika ukomoka muri Afurika.

Burna Boy ukunze kwiyita “African Giant” akaba yabashije kuzuza ‘Citi Field Stadium’ ijyamo abantu ibihumbi 41,000 iherereye i New York ho muri Amerika kuri uyu Gatandatu, aho abafana bari bakubise buzuye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Irari ryageze mu bihaye Imana! Padiri yapfuye nyuma yo kurarana n’inkumi ijoro ryose

Umuhanzi Otile Brown yishinjije kugira uruhare mu rupfu rw’umwana we