in

Itangazo risohotse nonaha kuva muri APR FC rimenyesha abafana bayo ibyo bifuzaga kumenya

Itangazo risohotse nonaha kuva muri APR FC rimenyesha abafana bayo ibyo bifuzaga kumenya.

APR FC yatangaje gahunda yayo yose yo kujya mu Misiri.

Iyi kipe ibinyujije ku rukuta rwa Twitter, yatangaje uko gahunda ipanze.

Yagize ati: “APR FC irahaguruka kuri uyu wa Kabiri yerekeza mu Misiri mu mukino wo kwishyura wa CAF CL aho izakirwa na Pyramids FC ku wa Gatanu w’iki cyumweru.”

Dore gahunda yose y’urugendo. 

Gurahaguruka i Kigali: 16h25′

Kugere Addis: 19h30′

Guhaguruka Addis: 22h02′

Kugera i Cairo: 02h20′

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yahisemo umunyamakuru wa RBA mu mbaga z’abandi banyamakuru ko ari we bagomba kujyana mu Misiri

Umukobwa yarangiza ngo ndashaka ibihumbi 50 ! Umunyafurika wari uri mu kazi muri Amerika ko kuvidura wese akajya akozamo intoki akomeje gutangaza benshi – Videwo