in

Itangazo risohotse nonaha kandi ryihutirwa ku bantu bose bagiye gukorera uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga [Soma itangazo witonze]

Ishami rya Polisi rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga riramenyesha abantu bose ko ibizamini bitazongera gukorerwa ku kibuga cyo kwa Rwahama.

Bitewe n’ikiciro uzaba ugiye gukorera, bamwe bazajya bakorera ku Gisoza mu gihe abandi bazajya bajya mu Busanza.

Soma itangazo witonze.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“ariko nkawe iyo uri umufana ukaba utazana agafaranga ko kwizihiza isabukuru uba utekereza iki” Dogiteri Nsabi mu mvugo ye isekeje yibasiye abafana b’ingona(Videwo)

“Nashyingiwe n’inshuti yanjye” Umugore wa The Ben yongeye kwibutsa abantu ko yamaze gushyingirwa atakiri ingaragu (VIDEWO)