in

Itangazo rishya kandi ryihutirwa rigenewe abanyeshuri bose bari kwitegura gukora ikizamini cya Leta gisoza y’ikiciro rusange n’ayisumbuye

Itangazo rishya kandi ryihutirwa rigenewe abanyeshuri bose bari kwitegura gukora ikizamini cya Leta gisoza y’ikiciro rusange n’ayisumbuye.

Nesa yasohoye ingengabihe y’ikorwa ry’ibizamini bya Leta.

Nesa yerekanye ko ibizamini bizatangira ku wa 25 Nyakanga bigasozwa ku wa 1 Kanama ku banyeshuri bo mu kiciro rusange no mu mashuri yisumbuye.

Ku wa 22 Nyakanga nibwo ibizamini bizagezwa mu turere ni uko bikagezwa kuri site zizakorerwaho ku wa 23.

Tariki 24 Nyakanga hazategurwa imyanya y’abakandida ni uko maze saa cyenda zo kuri uwo munsi abanyeshuri bazahabwa amategeko n’amabwiriza y’ikizami bazaba bagiye kwinjira.

Abiga ubumenyingiro TVET bazasoza ikizamini cya Leta ku wa 4 Kanama.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ni kose disi! Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda yabuze umuntu wagaciro mu buzima bwe -AMAFOTO

Yatsinzwe nkidahari! Ikipe ya Al-Nassr ikinamo Cristiano Ronaldo yatsinzwe irushwa cyane na Benfica