in

Itangazo rigenewe abantu bajya mu ntara y’Amajyepfo ndetse n’Iburengerazuba bw’u Rwanda

Police y’u Rwanda yatanze itangazo rigenewe abantu bagenda mu ntara y’Amajyepfo ndetse n’Uburengerazuba bakoresheje umuhanda Muhanga- Ngororero-Mukamira.

Babiyunyujije ku rukuta rwa Twitter rwa Police y’u Rwanda,  bagize bati “Mwiriwe, turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi umuhanda RN11, Muhanga- Ngororero- Mukamira ubu utari nyabagendwa.

Muragirwa inama yogukoresha indi mihanda. Abapolisi barahari kugira ngo babayobore. Murakoma.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Ntabwo ikitwa APR FC! Abafana ba Rayon Sports bahaye izina rishya ikipe ya APR FC kubera agashya kagaragaye mu mukino wayihuje na Police FC

Urugamba rugeze mu mahina: Menya uko urutonde rwagateganyo rwa shampiyona y’u Rwanda ruhagaze

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO