in

Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yahigitse Meddy nyuma yo kumusanga muri Leta Zunze Ubumwe z’America

Nyuma yo kumuhigika kuri Twitter, bidasubirwaho Umuhanzi Bruce Melodie uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yahigitse Meddy ku mwanya w’Umuhanzi nyarwanda wa mbere ukurikirwa kurusha abandi ku rubuga rwa Instagram.

Kugeza ubu tariki 29 Ugushyingo 2023 imibare ya Instagram igaragaza ko Bruce Melodie akurikirwa n’abasaga ibihumbi 957 mu gihe Meddy wari ku mwanya wa mbere akurikirwa n’ibihumbi 955.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Linda wo muri filime umuturanyi yarokotse ibitero bya Paul Rusesabagina na Sankara muri Nyungwe, yabahaye ubutumwa aho bari [videwo]

Daniel Gaga wamamaye nka Ngenzi muri filime Nyarwanda yinjiye mu rugamba rwo gusabira mugenzi we Samusure uri gutakamba