in

Linda wo muri filime umuturanyi yarokotse ibitero bya Paul Rusesabagina na Sankara muri Nyungwe, yabahaye ubutumwa aho bari [videwo]

Linda wo muri filime umuturanyi yarokotse ibitero bya Paul Rusesabagina na Sankara muri Nyungwe, yabahaye ubutumwa aho bari.

Mu kiganiro na Yago TV Show, uyu mukinnyi wa filime nyarwanda yagarutse ku bitero yagabweho na Rusesabagina na Sankara muri Nyungwe.

Ni ibitero byari bikanganye gusa uyu mukobwa yabashije kubirokoka aho adahwema kuvuga ko yahaboneye Imana.

Avuga ko nk’umusaza Rusesabagina yagakwiriye gutuza akareka kubajomba ibikwasi mu bikomere.

[videwo]

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuyobozi w’ikigo cya TTC Matimba asambanya abanyeshuri abanze ko basambana akabirukana none yamaze kwirukana n’umugaga w’ikigo

Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yahigitse Meddy nyuma yo kumusanga muri Leta Zunze Ubumwe z’America