Umuramyi Israel Mbonyi yashyize hanze umwe mu murongo uri muri Bibiliya mu gitabo cya Ezekiyeli 4_15 maze bamwe mu bantu babonye ubwo butumwa batangira kumwuka inabi bavuga ko hari ibyo yanyweye.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Israel Mbonyi yanditse agira ati “Maze aramubwira ati “Dore amabyi y’abantu nyagukuyeho, nguhaye ibisheshe by’amase y’inka uzabe aribyo utekesha ibyo kurya byawe”.

Ni amagambo ari muri Bibiliya mu gitabo cya Ezekiyeli 4_15, gusa bamwe mu bantu yasomye ubu butumwa batangiye kuvuga ko Mbonyi hari ibyo ya nyweye.
Dore bimwe mu bitekerezo: