in

Isosi ya Arsenal yaguyemo inshishi, Martinelli abaye urwitwazo kuri Arsenal kudatwara Shampiyona

LONDON, ENGLAND - AUGUST 13: Gabriel Martinelli of Arsenal celebrates scoring his side's fourth goal with team mate Gabriel Jesus during the Premier League match between Arsenal FC and Leicester City at Emirates Stadium on August 13, 2022 in London, United Kingdom. (Photo by Craig Mercer/MB Media/Getty Images)

Martinelli, ufite imyaka 21, yinjiye muri iyi kipe aguzwe miliyoni 7 z’ama pound muri 2019 avuye mu gakipe gato k’iwabo ariko ubu abanza mu kibuga mu ikipe ya mbere kandi arifuzwa n’amakipe menshi muri Premier League, cyane cyane Chelsea.

Amasezerano y’uyu musore muri iki gihe azarangira muri 2024 gusa iyi kipe ifite amahirwe yo kumwongereraho amezi 12.

Ubuyobozi bw’ikipe ya Arsenal buremeranya ko uyu mukinnyi ari ku rwego rwo hejuru cyane ariko ibihumbi 200 by’amapawundi yasabye ku kwezi nk’umushahara byabagoye kubyemera.

Nk’uko ikinyamakuru Daily Mail kibitangaza, ngo Martinelli yatunguye ubuyobozi bwa Arsenal asaba umushahara ujya kungana n’uw’abahembwa amafaranga menshi mu ikipe barimo Gabriel Jesus na Thomas Partey wa 200.000 by’amapawundi ku cyumweru.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wa Filime Yvette yambitswe impeta n’umusore utuye i Burayi maze aratungurwa

Samu Karenzi yatangaje ikintu gikomeye Jimmy Gatete yamukoreye kigatuma ashaka kureka itangazamakuru