Featured
Isomere amagambo asize umunyu Safi Madiba yabwiye umukunzi we
Safi Madiba ku munsi w’isabukuru ye y’amavuko yashimiye abantu bose bamwifurije isabukuru nziza ndetse anaboneraho gushimira cyane cyane umukunzi we Parfine.
Safi Madiba yagize ati mu magambo ye bwite yagize ati: ” Ndashima IMANA niyo itumye nkihumeka. Ndashima Mama wambyaye. Nabavandimwe banjye bahora bambahafi. Ndashimira inshuti zanjye nabandi bose dukorana Mu buzima bwa buri munsi”.
Safi Madiba yagize icyo avuga ku magambo umukunzi we Parfine yamubwiye ku isabukuru ye y’amavuko. Safi ati: “Ça ma touche beaucoup (Byankoze ku mutima). Icyo namubwira nuko mwifuriza kugira ibyishimo”.
Source: eachamps.rw
