in

“Isimbi nabonye arenze azi agakino pee” Isimbi Noeline bivugwa ko akina filime z’urukozasoni amashusho ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yatumye abantu bacika ururondogoro abandi bayamaganira kure 

“Isimbi nabonye arenze azi agakino pee” Isimbi Noeline bivugwa ko akina filime z’urukozasoni amashusho ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yatumye abantu bacika ururondogoro abandi bayamaganira kure

Ubwo Isimbi Yvonne uzwi nka Noeline aheruka mu Rwanda teruriye abanyarwanda bamushidikanyagaho ko akazi ke ari ugukina ama filime y’urukozasoni.

Gusa n’ubwo bimeze bityo izo filime kuzireba bisaba amafaranga kandi atari make, gusa mu buryo butunguranye ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rukuta rwa Twitter hasakajwe amashusho ye ari aribyo arimo.

Nyuma yaya mashusho benshi mu bayabonye biyamiriye ndetse abandi bayamaganira kure cyane ko bahamyaga ko muri ibi nta kiza cyirimo usibye ko abantu baterwa amatsiko n’ibidafite agaciro.

Reba ibitekerezo bya bamwe mu babonye ayo mashusho y’urukozasoni

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Jeanette
1 year ago

Ntantunganeyo mwisi nakore apfakunatazajya mumbwa ni ngurube

Aruna Moussa Madjaliwa ashobora kudakinira ikipe ya Rayon Sports hatagize igikorwa mu buryo bwihuse

“Hari kwibazwa ati se abikora gute?” Clapton Kibonge nyuma yo guhura na Cristiano, yahuye n’ikindi cyamamare mu buryo butangaje -IFOTO