in

Isi irashaje:umugabo yafashwe aryamanye n’abakobwa be yiregura avuga ko yabigishaga uko zubakwa.

Umugabo wo mu gihugu cya Zambia witwa Mweene Enock yaguweho arimo gukoresha abakobwa be babiri imibonano maze yiregura avuga ko yabigishaga uko ingo zubakwa.

Uwari uhari yavuze ko hashize imyaka ibiri bikekwa ko uyu mugabo aryamana n’abakobwa be yibyariye . gusa ngo si bo gusa kuko bivugwa ko n’abashywa be yabasambanyaga baje gusura umuryango we.

Ubwo uyu mugabo yakubitwaga Mweene ngo yagiraga ati:“Ibi biba ari ugutegura abakobwa banjye kugirango bazubake neza . Murankubitira ubusa!”

Ku rundi ruhande ariko aba bakobwa bakoreshwaga ibi nabo bari bararyumyeho nkuko bimwe mu binyamakuru byo muri Zambia byabigarutseho.Bivugwa ko abagabo bo muri Zambia bafatwa basambanya abakobwa batajya babihakana ahubwo bagaragaza impamvu zituma babikora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho ya Young Grace agaburira umwana we yashimishije ababyeyi benshi.

Ruhango: ibyo umuturage yakoreye imodoka ya gitifu biteye agahinda (Video)