Umugore wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje abantu ubwo yakoraga ubukwe n’imbwa maze yihenura ku basore bose avugako ayikunda cyane kurusha uko akunda ab’igitsinagabo.
Uyu mugore avugako iyi mbwa ariwe muhungu yakunze cyane kurusha abagabo bose bahuye nawe.Iyi mbwa yakoze nayo ubukwe bakunze kuba barikumwe mungendo nyinshi akora harimo ubutembere akunze kugirira mubice nyaburanga akunze gusura mubice bitandukanye by’isi.
Ubwo yakoraga ubukwe niyi mbwa yagize ati “Nishimiye kwibona bwambere muyi iyi myambaro ndikumwe n’imbwa yanjye”
Yakomeje agira ati “Cyari icyifuzo cyanjye kuva kera, ni ibyishimo bidasanzwe hamwe n’umuhungu wanjye wihariye”





Ndumiwe pe