in ,

Isi igeze mu bihe bya nyuma! Umupasiteri yabwiye abayoboke be ko nta muntu uzajya mu ijuru adafite amafaranga abaraho bagwa mu kantu -AMASHUSHO

Isi igeze mu bihe bya nyuma! Umupasiteri yabwiye abayoboke be ko nta muntu uzajya mu ijuru adafite amafaranga abaraho bagwa mu kantu.

Bamwe mu bantu batandukanye bakunze kuvuga ko Isi igeze mu bihe bya nyuma bitewe nibyo abahanuzi ndetse n’abapasiteri bo muri iyi minsi basigaye batangaza gusa ibi byongeye kugarukwaho cyane ubwo ku mbuga nkoranyambaga hacaracaraga amashusho y’umupasiteri wavugaga ko nta muntu uzajya mu ijuru adafite amafaranga.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Junior Giti, umugore we n’abana be ntibatana n’udushya ku buryo na mu mafoto badukora batitangiriye itama (AMAFOTO)

N’igiti kizazamo da! Abakobwa n’abagore bambara impenure ku karubanda n’abasore basuka intweri bagiye kujya bafungwa n’igiti kinshi