in

Isi igeze mu bihe bya nyuma koko: Hagaragaye Umupasiteri waryaga ubugari yarangiza agaha intoki abakirisitu bakazikomba (Amashusho)

Burya koko Isi igeze mu bihe bya nyuma nk’uko abakirisitu benshi bakunze kubivuga gusa ibi byongeye gushimangirwa n’umupasiteri wakombesheje abakirisitu intoki ze.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye yagaragaje umugabo w’umupasiteri afite isahani y’isosi mu ntoki ku ruhande hari umuntu ufite ubugari n’undi ufite amazi maze akajya akata ubugari agakoza mu isosi yarangiza agakombesha abakirisitu intoki ze.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abagabo baragowe koko: Umugabo yahondaguwe igipine mu nda arangije abangira amaguru ingata (Amashusho)

Imana ibashyire mu bayo: Habaye impanuka iteye ubwoba y’ubwato ihitana imbaga y’abantu abandi baburirwa irengero