in

Ishimwe Maniraguha wakiniraga ikipe ya Arsenal ibye muri iyi kipe izakina Uefa Champions Leuge byarangiye nabi – AMAFOTO

Umusore witwa George Lewis Igaba-Ishimwe Maniraguha ufite inkomoko mu Rwanda ndetse no muri Noruveje wakiniraga ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze kwirukanwa n’iyi kipe izakina Uefa Champions Leuge.

Ishimwe Maniraguha w’imyaka 23 yirukanwe muri Arsenal nta mukino n’umwe akinnye muri Arsenal ya mbere.

Uyu musore yavunikiye mu Rwanda, ku babyeyi b’abanyarwanda, afite umwaka umwe bimukiye muri Tanzania, agejeje imyaka 4 bahita bimukira muri Noruveje. Hategerejwe kumenya niba azahitamo gukinira Amavubi cyangwase Noruveje.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko aho yaciye ntihaca urwango! Amashusho ya Juno Kizigenza yongeye kugaragara ari guhuza urugwiro na Ariel Wayz – VIDEWO

Uyu we ni karaha butakataka: APR FC imaze gusinyisha umukinnyi ukomeye cyane w’umunyamahanga (Amafoto)