in

Ishaka kujya yicira amakipe kurwara nk’uwica inda: APR FC imaze kugura umukinnyi uteye ubwoba uzwiho kumwenyuza inshundura (Amafoto)

Ikipe ya APR FC imaze kugura umukinnyi uteye ubwoba uzwiho kumwenyuza inshundura nazo zikamusekera wazamukiye mu ikipe ya muri Coton Sports de Garoua.

Yitwa Lambert Gueme Araina  n’umusore w’imyaka 24 y’amavuko afite 1,82m akaba ari rutahizamu udasanzwe wakiniye amakipe akomeye cyane nka Far Rabat akaba yaranaciye mu ikipe ya Karbala Sports Club yo muri Iraq n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Cameroun.

Uyu musore afatwa nka Samuel Eto mushya muri iki gihugu cya Cameroun akaba yarabaye umwe mu bakinnyi batsinze ibitego byinshi muri CAF Confederation Cup mu 2020-2021.

Ifoto y’umukinnyi mushya wa APR FC:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku Irebero muri Kicukiro habereye impanuka y’imodoka yari itwawe n’umusore wari wigiriye muri gahunda ze

Uko Rayon imanura abataka niko APR FC nayo imanura umuzamu kabombo! APR FC yikojeje hanze y’u Rwanda maze ikuzanira umuzama ufite uburebure budasanzwe