in

“Iratweza, iratubabarira ikiruta ibindi yadusezeranyije ubugingo” Yolo yagaragaje ko ari umu Kristu wuzuye

“Iratweza, iratubabarira ikirura ibindi yadusezeranyije ubugingo” Yolo yagaragaje ko ari umu Kristu wuzuye.

Abantu benshi bakunze kuvuga ko uyu mwari atabaho, ahubwo yaba ari igihuha cyazanywe na bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga, gusa we akomeza gushimangira ko abaho kandi ari mutaraga.

Ubu noneho yagaragaye yishimiye kumva no kuririmba indirimbo yo kuramya no guhimbaza Imana.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari agahinda n’amarira menshi mu muhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye wa Manchester United – AMAFOTO

Urwanda mu yindi mikino nta mikino rugira! U Rwanda rwanyatuye izakabwana igihugu cy’abaturanyi