in

Iracyakunzwe: Indirimbo nshya ya Element, Ross Kana na Bruce Melodie yongeye guca impaka ku mbuga nkoranyambaga

Indirimbo nshya y’abahanzi bakomeye cyane hano mu Rwanda barangajwe imbere n’umuvangamiziki akaba n’umuhanzi Element, Ross Kana na Bruce Melodie yongeye guca impaka ku mbuga nkoranyambaga.

Indirimbo yiswe “Fou De Toi” ya Element, Ross Kana na Bruce Melodie yakoranywe ubuhanga buhambaye ndetse ikundwa n’abantu benshi cyane bitewe n’uburyo yanyuraga amatwi y’abantu gusa iyi ndirimbo imaze ibyimweru 3 isohotse ikomeje gushimangira ko igikunzwe cyane dore ko imaze kuzaza miliyoni 4 z’abantu bamaze kuyireba.

Fou De Toi yujuje miliyoni enye z’abantu bamaze kuyireba ku mbuga nkoranyambaga zose zicuruza imiziki arizo YouTube,Sportfy na Boomplay n’izindi zitandukanye zicuruza imiziki.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wakunzwe n’abatari bake mu Bwongereza yitabye Imana

Amafoto ya Johnny Drille ari kumwe n’umukinnyi w’urunana akomeje gutitiza imbuga nkoranya mbaga