in

Intambara y’amagambo hagati y’abakundanye, The Trainer bagiye kumutamaza

Nyuma y’amasaha make Umunyamideri the trainer atangaje ko ari we se w’umwana @keza_terisky atwite, uyu mukobwa aburiye abantu kwirinda kwizera ibyo uyu musore avuga.

Keza Terisky Abinyujije kuri Instagram uyu mwerekanamideri wabigize umwuga yaburiye abantu kwirinda gutwarwa n’ibyo uyu musore ari gutangaza mu bitangazamakuru bitandukanye kandi ko Ari “Ikirura cyambaye uruhu rw’intama

Uyu mukobwa witegura kwibaruka imfura yarengejeho ko bitarenze amasaha 48 Iminsi 2. araza gutangaza ukuri kubiri kuvugwa na The trainer usanzwe atoza abantu imyitozo ngorora mu biri akanambika n’abantu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: Inkongi y’umuriro yafashe inyubako y’ubucuruzi yangiza ibintu bifite agaciro kanini

Nta muntu wigira ibandi ashaje:Ifoto ya Rocky ikomeje kuvugisha abatari bake kubera imyambarire ye