in

Inkweto zambarirwa ahantu habiri zikomeje guca ibintu 

Inkweto zambarirwa ahantu habiri zikomeje guca ibintu.

Izi nkweto ziswe ‘BWD’, ziri mu bwoko bw’inkweto zizwi nka ‘Sneakers’, zifite ahantu habiri umuntu abasha gushyiramo ikirenge.

Igice kimwe kiri mu bwoko bwa ‘sandal’ ushyiramo ikirenge byihuse, ikindi kiri mu bwoko bw’urukweto rusanzwe.

‘BWD’ ziteganyijwe kuzashyirwa hanze ku isoko tariki 11 Mata 2023. Zizagurishwa mu gihe cy’isaha imwe guhera ku rubuga rwa MSCHF.

Ntabwo ari ubwa mbere iyi sosiyete ikoze urukweto rutangaza benshi ku Isi ndetse rukagurwa byihuse mu gihe gito.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni Ijuru ku Isi ! Georgina wa Cristiano Ronaldo agaruka ku buzima babayemo muri Arabia Saudite

Ababuze abakunzi gusa! Dore ibintu uhora wibaza byagufasha kujya mu rukundo n’umuntu