in ,

Inkuru y’urukundo: Byiringiro Lague n’umukunzi we bari kwizihiza igihe bamaze babana nk’umuryango

Rutahizamu w’umupira wamaguru hano mu Rwanda uzwi nka Byiringiro Lague ukinira ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC Ari mubyishimo bikomeye cyane we n’umukunzi we Uwase Keila.

Uyu mugabo n’umukunzi we barizihiza igihe bamaze babana nk’umuryango Kandi ko bishimira ko bagiye gusoza uyu mwaka bameze neza.

Yagize ati: n’ibyagaciro kuba dusoje umwaka amahoro Kandi turashimira Iman yo yaturinze umwaka worse nge n’umukunzi wange.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mwiseneza Josiane avuze akaga gakomeye yahuye nako benshi batamenye biturutse kwifungwa rya Prince Kid

Rwanda: umugore ukurikiranweho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 13 akamutera indwara ikomeye, reba ibyo yireguje