in

Inkuru y’inshamugongo udakwiriye gucikwa itashye mu mitima y’abakunzi ba muziki ku Isi hose

Inkuru y’inshamugongo utagomba gucikwa ni uko umuhanzi w’ikirangirire ku isi hose mu njyana ya Reggae,  Jah Shaka yitabye Imana.

Uyu muhanzi ukomeye cyane ku Isi yitabye Imana nk’uko byatangajwe na Producer Dubstep, wamwifurije kurukira mu mahoro.

Inkuru y’urupfu rwe, yamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye aho ibyamamare bigenzi bye byamwifurizaga iruhuko ridashira, muri abo harimi: Producer Dubstep n’umuhanzi Trevor Jackson.

Jah azize abantu batanu ndetse icyateye urupfu rwe ntabwo kiratangazwa ndetse n’imyaka yapfiriyeho iracyari ubwiru.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Gentil Misigaro yatanze ubutumwa ku bahanzi muri ibi bihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Ni ingurukabutaka! Zuchu wa Diamond Platnumz yibitseho umuzinga w’imodoka nshya Harmonize ahora yiratana (VIDEWO)