in

Inkuru y’inshamugongo kuri Céline Dion:yatangaje indwara ikomeye amaranye igihe ishobora no kumuhitana

Inkuru y’inshamugongo kuri Céline Dion:yatangaje indwara ikomeye amaranye igihe ishobora no kumuhitana.

Umuhanzikazi Celine Dion uri mu bubatse ibigwi bikomeye mu muziki w’isi yatangaje ko arembejwe n’indwara inyunyuza imitsi igatera kumagara kandi ko ayimaranye igihe.

Abinyujije kuri Instagram Dion ukomoka muri Canada mu marira menshi yavuze ko iyo ndwara yitwa “Stiff Person Syndrome” ifata umuntu umwe muri miliyoni ndetse ko kugeza ubu nta muti uyikiza burundu uhari.

Daily Mail ivuga ko uretse kunyunyuza imitsi iyi ndwara iyo ikaze ica intege zose umubiri w’umuntu ku buryo ananirwa kuvuga cyangwa kugenda.

Celine yasoje atangaza ko yahagaritse ibitaramo byose yari afite mu 2023.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ahazwi nko kuri gereza imageragere hari gukorwa umuhanda werekezayo

Umuzamu Hakizimana Adolphe yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yo kuvuga amagambo akomeye kuri APR FC bivugwa ko bamaze kumvikana