in

Inkuru y’inshamugongo! Kigali umugore n’abana be babiri bitabye Imana mu ijoro rimwe

Murenge wa Gisozi Akagari ka Ruhango  mu ijoro ryo ku wa gatatu tariki 20 Nzeri 2023 ryaranzwe n’imvura nyinshi ivanze n’umuyaga muri aka gace,aho yatwaye ubuzima bw’umugore ndetse n’abana be babiri,umugabo nawe akaba yajyanywe mu bitaro.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Ruhango, NYIRASHEMA Marcel,yatangarije itangazamakuru ko iyi mvura yari nyinshi kuburyo yasenye inzu ebyiri ndetse igatwara ubuzima bw’umugore n’abana be babiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ninde urusha undi kwambara impenure! Rwabuze gica hagati y’abahanzikazi babiri bombi bakunzwe n’abanyarwanda batari bake hibazwa uwambara neza kurusha undi

Prince Kid yarakwirereye akwima ibituma ubyibuha! Benshi bakomeje kwibaza uburyo Miss Iradukunda Elisa ananutsemo kandi bigakomeza kumukururira urukundo kugeza ubwo bigaragara mu mafoto