in

Inkuru y’incamugongo: Umuhanzikazi Bwiza ari mugahinda gakomeye nyuma yo kubura umuntu wagaciro mu buzima bwe

Inkuru y’incamugongo: Umuhanzikazi Bwiza Emerance wamamaye nka Bwiza ari mugahinda gakomeye nyuma yo kubura umuntu wagaciro mu buzima bwe.

Umuhanzikazi Bwiza Emerance yapfushije Sekuru ubyara Papa we nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Isibo Tv dukesha iyi nkuru kivuga ko uyu muhanzikazi yamenye iyi nkuru y’incamugongo mu masaha y’umugoroba ubwo yari mu kazi ari kwita kuri Alubumu ye ya mbere yise “Rumuri”.

Ifoto ya Sekuru wa Bwiza witabye Imana:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umukobwa wari warabaswe n’ibiyobyabwenge akava ibuzimu akagaruka ibuntu yazamuye amarangamutima ya benshi

Noneho baramukizwa niki ko bamuvugaga bataramubona; Papa Cyangwe mu isura nshya nk’umuhanzi utandukanye n’uwo benshi bari bazi