in ,

Inkuru y’ibyishimo ku bakirisitu bose

Inkuru y’ibyishimo ku bakirisitu bose, papa Francisco yavuye mu bitaro.

Byari ibyishimo bidasanzwe ubwo umushumba wa Kiliziya Gatholic ku isi Papa Francisco yasesekaraga imbere y’imbaga nyamwinshi asezerewe mu bitaro.

Ni nyuma yuko yari amaze iminsi igera ku 9 arwariye mu bitaro i Roma aho yari arwaye indwara idasanzwe yatumaga bagomba ku mubaga mu nda.

Ubu yasohotse ari mutaraga ndetse yakiriwe n’abantu benshi batandukanye harimo aba kirisitu, abanyamakuru n’abandi bo mu zindi nzego.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aha hantu niho abagabo bashiriye biyogosheshereza! Amashusho y’inkumi 3 zikora muri saloon ziri gutunganya ubwanwa n’inzara by’umugabo mu buryo bushotorana – VIDEWO

Yavuzwe mu rukundo na Harmonize! Mushiki wa Diamond Platnumz akomeje gusazwa bidasanzwe n’agasore bari mu rukundo nyuma yo gutandukana n’umugabo we