in

Inkuru y’akababaro:Bad Rama yapfushije umubyeyi we

Inkuru y’akababaro:Bad Rama yapfushije umubyeyi we, Bad Rama washinze inzu y’umuziki ya The Mane n’ibindi bikorwa, ari mu gahinda gakomeye nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we, Se.

Yitabye Imana mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki 11 Ukuboza 2022, biturutse ku burwayi yari amaranye igihe.

Umwe mu bo mu muryango wa Bad Rama,  yavuze ko uyu mubyeyi yari amaze igihe arwaye. Avuga ko azashyingurwa kuri uyu wa Kabiri tariki 13 Ukuboza 2022.

Ni umwe mu bagabo baaze igihe kinini mu muziki, batangiye baririmba nyuma baza gufasha abahanzi kwiteza imbere binyuze mu muziki.

Yafashije abarimo Safi Madiba, Queen Cha, Marina ubarizwa muri Label muri iki gihe, Calvin Mbanda n’abandi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mashya: Umuriro watse hagati ya Rocky na Generous 44 waretse umuziki

Videwo y’umunsi:Umuhanzi Asake umaze kubaka izina yahawe urwamenyo ubwo ipantaro ye yacikaga hagati y’amaguru ari kurubyiniro