in

Inkuru y’akababaro, Umuforomokazi witeguraga kubyara yahitanywe n’inda yari atwite kubera ikintu abantu benshi bari kunenga

Inkuru ibabaje y’umuforomo kazi w’imyaka 28 yateye benshi agahinda gakomeye nyuma yo gupfa azize ko imbangukira gutabara yamugeze ho itinze.

Stabile Sibanda w’imyaka 28 wari umuforomokazi, yitabye Imana atwite azize kuba yahamagaye imbangukira gutabara igatinda kumugeraho bityo biza kumuviramo gupfa.

Uyu mugore yahamagaye imbangukira gutabara ahagana saa tanu z’amanywa abwira abamwitabye ko afite ikibazo Munda ndetse ko arikuribwa.

Ubwo uyu mugore yahamagaye abo bakora mu mbangukiragutabara, bo bari mu bintu byinshi hari no kwirukanka mu barwayi ba bari indembe bityo batinda ku mugeraho.

Ubwo hageraga saa munani zamanywa, yitabaje imbangukira gutabara yigenga gusa bari bafite ubumenyi bucye mu kwita ku barwayi.

Ubwo yagezwaga ku bitaro byabaye ngombwa ko yihutanwa mu bitaro ariko ubwo yari mu mbangukiragutabara ntabufasha bw’ibanze yari yahawe aribyo byaje kumuviramo kwitaba Imana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yolo The Queen aratwite

“Wagiye woza umugabo wawe” Zari Boss Lady yasabwe kujya yoza umugabo we mu matwi nyuma yo kugaragara hahomyemo imyanda agahishyi