in

Inkuru nziza ku mavubi! Amavubi ashobora kudaterwa mpanga y’ibitego 3

Nyuma yaho Bennin ireze ikipe y’igihugu amavubi ko yakinishije Muhire Kevin kandi afite amakarita atamwemereraga gukina uyu mukino, ubu habonetse ingingo irengera u Rwanda.

CAF yari yavuze ko umukinnyi umwe w’u Rwanda ko ariwe wenyine utemerewe gukina uyu mukino, gusa Bennin yo ikavuga ko ikipe ariyo igomba kumenya abakinnyi bayo bafite ibihano.

Gusa amakosa ashobora kutazabarwa ku Rwanda kuko byagaragaye ko kuri raporo umusifuzi yatanze igaragaza abakinnyi bafite amakarita, Muhire Kevin ntabwo ariho.

Ubwo ni ugutegereza icyo itegeko rivuga niba hazavuguruzwa raporo cyangwa bazahana umusifuzi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Marina yaciye amazimwe ku bihuha byamuvuzweho ndetse avuga ni ikintu gikomeye cyamuhuza na Bad Rama

Byo biragoye kubyiyumvisha, dore amasutiye ndetse n’amakariso bihenze kurusha indege(reba igiciro gihanitse bigurwa)