in

Inkuru nziza ku bakunzi ba Tom Close kuri Alubumu yabemereye ko agiye gushyira hanze

Umuhanzi Muyombo Thomas wamamaye ku izina rya Tom Close yatangaje ko agiye gushyira hanze Alubumu ye nshya yokaranye n’umuraperi Bull Dog umwe mubakunzwe cyane hano mu Rwanda.

Tom Close yatangaje inkuru nziza ku bakunzi be abinyujije ku rubuga rwa Instagram ubwo yatangazaga ko ku munsi w’ejo azashyira hanze Alubumu nshya ari kumwe n’umuhanzi Bull Dog yifashishije mu ndirimbo yise ‘ A voice note’ iri kuri Alubumu agomba gushyira hanze ku munsi w’ejo.

Bull Dog ni we muhanzi wa mbere wamenyekanye uri kuri Alubumu ya Tom Close iriho indirimbo zigera kuri 13 ikaba yarakozwe na Producer ukomeye cyane hano mu Rwanda Ishimwe Clement uyobora Kina Music akaba n’umugabo w’umuhanzikazi Butera Knowless.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Urupfu ntaho twaruhungira: Hatangajwe imibare y’abantu bahitanwa n’akazi cyangwa indwara zikomoka ku kazi ku Isi yose

Inkuru itari nziza ku munyamakuru uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda kubera ukuntu asusurutsa abantu